Tanga ubuzima n’icyizere utanga inkunga yawe

Iyo utanze inkunga iyo ariyo yose, uba ufashije imiryango myinshi kubona icyo barya, icyo bambara ndetse uba ufashije benshi kubona aho baba heza.

Nta wakeneshejwe no gufasha abandi

Kuri iyi si hariho abantu benshi bafasha abandi, ariko murabo bose ntawuravuga ko yatewe n’ubukene kubera ko yitangiye abandi ahubwo bavuga ko babonye imigisha ubwo bateraga abandi inkunga.

Turumva, Dutanga inama

Dukorera hamwe

Dukora nk’itsinda, Twese dushyira hamwe kugira ngo tubashe kugera ku ntego yo gufasha abantu benshi. Nawe rero waba umwe muri twe

Inkunga zabonetse

Abantu twafashije

Abo dukorana

Dufashe Ubu

Gahunda y’ibyo dushakira inkunga

Ibyo kurya

Dutanga amafunguro atandukanye ku miryango y’ababyeyi badafite abafasha mu ngeri zose, Rero dufatanyije twageza amafunguro kuri benshi

Twafashije50%
Raised: $150.00
Goal: $300.00

Dufasha ababyeyi kwihangira imirimo

Umuntu ntago yahora afashwa gusa, ariyo mpamvu turimo kugerageza gufasha abatishoboye uburyo bwo kwihangira imirimo ngo nabo bagire abandi bafasha.

Twafashije65%
Raised: $195.00
Goal: $300.00

Nta muntu n’umwe wigeze aba umukene
Mugutanga

Nta bufasha buba buto, uko wifite kose bishobora guhindurira ubuzima umuntu ukeneye ubufasha bwawe. Witinya uko wifite kose

Amafoto

Reba bimwe mu bikorwa twakoze

Ubuhamya

Icyo abantu bavuga

Kayitesi Diane
Umugenerwabikorwa

“Uyu mushinga wamfashije byinshi harimo kumpa icyizere cy’ubuzima ndetse no kumfasha mu buzima bwa buri munsi nyuramo “

Uwimana Claudine
Umugenerwabikorwa

“Uyu mushinga wamfashije byinshi harimo kumpa icyizere cy’ubuzima ndetse no kumfasha mu buzima bwa buri munsi nyuramo ”

Mushimire Alice
Umugenerwabikorwa

“Uyu mushinga wamfashije byinshi harimo kumpa icyizere cy’ubuzima ndetse no kumfasha mu buzima bwa buri munsi nyuramo “

Fatanya natwe

Ba umwe muritwe

Error: Contact form not found.

Iyandikishe ujye ubona amakuru ku gihe

Uzuza munsi kugira ngo ujye ubasha kubonera amakuru y’ibikorwa byacu ku gihe aho uri hose ku isi