Single Parents Organization
Social WorkerSingle Parents Organization ni umuryango utegamiye kuri leta kandi utagamije inyungu, ugamije gufasha ababyeyi bibana kandi bakaba barera abana.
Dukora nk’itsinda, Twese dushyira hamwe kugira ngo tubashe kugera ku ntego yo gufasha abantu benshi. Nawe rero waba umwe muri twe
Dutanga amafunguro atandukanye ku miryango y’ababyeyi badafite abafasha mu ngeri zose, Rero dufatanyije twageza amafunguro kuri benshi
Umuntu ntago yahora afashwa gusa, ariyo mpamvu turimo kugerageza gufasha abatishoboye uburyo bwo kwihangira imirimo ngo nabo bagire abandi bafasha.
“Uyu mushinga wamfashije byinshi harimo kumpa icyizere cy’ubuzima ndetse no kumfasha mu buzima bwa buri munsi nyuramo “
“Uyu mushinga wamfashije byinshi harimo kumpa icyizere cy’ubuzima ndetse no kumfasha mu buzima bwa buri munsi nyuramo ”
“Uyu mushinga wamfashije byinshi harimo kumpa icyizere cy’ubuzima ndetse no kumfasha mu buzima bwa buri munsi nyuramo “
Error: Contact form not found.